Lyrics

Habuze iki ngo abe ariwowe tugumana ibihe nibibi numvaga nzakunda undi ariko uko mbigerageje birangira ncitse intege nguma mbona amakosa yabo simbone ibyiza bafite Kuva wamunsi unsezera sindongera gukunda na rimwe umutima wanjye uhora ukunyishyuza sindakunda nyumayawe Bamwe ntibatinya kunseka ngo ndakabya iyo mbabwiyeko mperuka kwishima ugihari nubwo wowe usa nuwamaze kubyakira nge biracyari kure niwowe muringa waringanije umutima wanjye yuuu ongera unkunde kuva wamunsi unsezera sindongera gukunda na rimwe umutima wanjye uhora ukunyishyuza sindakunda nyuma yawe ×2 ese ntegereze ko uzagaruka kuko nubwo ndiho ndiho mbabaye kuva wamunsi unsezera sinsongera gukunda na rimwe umutima wanjye uhora ukunyishyuza sindakunda nyuma yawe iyeeeeaaah ×3
Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out