Lyrics

Nahawe ubugingo Buhoraho rwose Kandi ubwo bugingo ni Yesu N'ukuri yinjiye mu mutima wanjye Kandi yanshyizemu butwari Nejejwe n'Imana Mu mutima wanjye N'umuriro w'ijuru urimo Nsigaye ngendera Mu mucyo w'ukuri Yesu Mukiza ni we mucyo Nejejwe n'Imana Mu mutima wanjye N'umuriro w'ijuru urimo Nsigaye ngendera Mu mucyo w'ukuri Yesu Mukiza ni we mucyo Imigisha yo mu gakiza k'Imana Kubwo ubuntu narayihawe Nayihawe mu gihe nihannye ibyaha Imbere y'Umukiza Yesu Nejejwe n'Imana Mu mutima wanjye N'umuriro w'ijuru urimo Nsigaye ngendera Mu mucyo w'ukuri Yesu Mukiza ni we mucyo Nejejwe n'Imana Mu mutima wanjye N'umuriro w'ijuru urimo Nsigaye ngendera Mu mucyo w'ukuri Yesu Mukiza ni we mucyo Umukiza ni we wankuye Mu ishyamba Nsigaye mba mu murima we No kubw' imvura N' izuba byo mw ijuru Nshobora kwera imbuto ashaka Nejejwe n'Imana Mu mutima wanjye N'umuriro w'ijuru urimo Nsigaye ngendera Mu mucyo w'ukuri Yesu Mukiza ni we mucyo Nejejwe n'Imana Mu mutima wanjye N'umuriro w'ijuru urimo Nsigaye ngendera Mu mucyo w'ukuri Yesu Mukiza ni we mucyo Ubugingo bwiza nahisemo ni ubu Gukorera Umukiza Yesu Kubaho ni Kristo no gupfa n' inyungu Ku Mu kristo wese w'ukuri Nejejwe n'Imana Mu mutima wanjye N'umuriro w'ijuru urimo Nsigaye ngendera Mu mucyo w'ukuri Yesu Mukiza ni we mucyo Nejejwe n'Imana Mu mutima wanjye N'umuriro w'ijuru urimo Nsigaye ngendera Mu mucyo w'ukuri Yesu Mukiza ni we mucyo Nejejwe n'Imana Mu mutima wanjye N'umuriro w'ijuru urimo Nsigaye ngendera Mu mucyo w'ukuri Yesu Mukiza ni we mucyo Nejejwe n'Imana Mu mutima wanjye N'umuriro w'ijuru urimo Nsigaye ngendera Mu mucyo w'ukuri Yesu Mukiza ni we mucyo
Writer(s): Papi Cever Tuyizere, Papi Clever, Past Senzige Zachary Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out