Similar Songs
Credits
AUSFÜHRENDE KÜNSTLER:INNEN
Prayer House Worship
Künstler:in
KOMPOSITION UND LIEDTEXT
Christian Ishimwe
Songwriter:in
Fabien David Ngabo
Songwriter:in
Guy Alain Muhire
Songwriter:in
Aime Schadrack Isingizwe
Songwriter:in
Lyrics
Nabonye umukunzi mwiza
Yarankunze ntamuzi
Yamfatishije umugozi
Arirwo rukundo rwe
Izo ngoyi ze zanteye
Kuba imbata ye rwose
Njye nduwe nawe ni uwanjye
Kugeza iteka ryose
(Izo ngoyi)
Izo ngoyi ze zanteye
Kuba imbata ye rwose
Njye nduwe nawe ni uwanjye
Kugeza iteka ryose
Nabonye umukunzi mwiza
Cyera yaramfiriye
Yaranguze ampa ubugingo
Nawe yaranyihaye (ehh)
None ibintu mfite byose
Ntabwo nkibigundira
Ibyo ntunze nanjye ubwanjye
Ni iby' uwo mucunguzi!
(None none)
None ibintu mfite byose
Ntabwo nkibigundira
Ibyo ntunze nanjye ubwanjye
Ni iby' uwo mucunguzi!
Oh ohhh-oh oh
Oh ohhh-oh oh
Oh ohhh-oh oh
Oh ohhh-oh oh
Nabonye umukunzi mwiza
Byose arabishobora
Ajya andinda akaga kose
Munzira ijya mw' ijuru
(Kumuhanga)
Kumuhanga amaso iteka
Bizankiza intege nke
Nshire ubwoba nshire ubute
Nyuma nzatabaruka!
(Kumuhanga amaso)
Kumuhanga amaso iteka
Bizankiza intege nke
Nshire ubwoba nshire ubute
Nyuma nzatabaruka!
(Kumuhanga amaso)
Kumuhanga amaso iteka
Bizankiza intege nke
Nshire ubwoba nshire ubute
Nyuma nzatabaruka!
Ohhhh
Oh ohhh-oh oh
Oh ohhh-oh oh
Uh ohhh-oh uh
Oh ohhh-oh oh
Uh uhhh-uh uh
Kumuhanga amaso
Oh uhhh-uh uh
Nshire ubwoba nshire ubute
Nyuma nzatabaruka
Kumuhanga amaso
Oh ohhh-oh oh (Bizankiza intege nke)
Nshire ubwoba nshire ubute
Nyuma nzatabaruka
(None ibintu mfite byose)
None ibintu mfite byose
Ntabwo nkibigundira (ohh)
Ibyo ntunze nanjye ubwanjye
Ni iby' uwo mucunguzi!
(None ibintu)
None ibintu mfite byose
Ntabwo nkibigundira
Ibyo ntunze nanjye ubwanjye
Ni iby' uwo mucunguzi (oh)
Oh ohhh-oh oh
Oh ohhh-oh oh
Oh ohhh-oh oh
Oh ohhh-oh oh
Oh ohhh-oh oh
Oh ohhh-oh oh (Ohhh)
Oh ohhh-oh oh
Oh oh
None ibintu mfite byose
Ntabwo nkibigundira
Ibyo ntunze nanjye ubwanjye
Ni iby' uwo mucunguzi!
(Kumuhanga amaso)
Kumuhanga amaso iteka
Bizankiza intege nke
Nshire ubwoba nshire ubute
Nyuma nzatabaruka!
Uhhh
Nabonye umukunzi mwiza
Ni we nyiri imbabazi
Niwe mujyanama wanjye
Niwe undengera iteka
Nta kubaho nta n' urupfu
Nta n' abadayimoni
Ntabya none nta bizaza
Byazantanya na Yesu!
(Ntakubaho)
Nta kubaho nta n' urupfu
Nta n' abadayimoni
Ntabya none nta bizaza
Byazantanya na Yesu!
Writer(s): Christian Ishimwe, Fabien David Ngabo, Guy Alain Muhire, Yves Nsengiyumva
Lyrics powered by www.musixmatch.com